(a) Umuyobozi
a) Abanyamaguru
b) Ibinyabiziga bigendera ku biziga bibiri
(c) A na B ni ibisubizo by’ukuri
d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) Igisate cy’umuhanda abayobozi bagomba gukurikira
b) Ahegereye umurongo ukomeje
(c) Igabanurwa ry’umubare w’ibisate by’umuhanda mu cyerekezo bajyamo
d) A na C nibyo
a) Biteganye
b) Ku murongo umwe
c) A na B nibyo
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) Ibinyabiziga bigenewe gutwara abagenzi muri rusange
b) Ibinyabiziga bigenewe gutwara ibintu birengeje toni 3.5
c) Ibinyabiziga bigenewe kwigisha gutwara
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) cm75
b) cm125
c) cm265
(d)Nta gisubizo cy’ukuri
a) Ibifite umutambiko umwe uhuza imipira
b) Ibifite imitambiko ibiri ikurikiranye mu bugari bwayo
c) Makuzungu
(d)Nta gisubizo cy’ukuri
a) Ahatarengeje metero 1 imbere cyangwa inyuma y’ikinyabiziga gihagaze akanya gato cyangwa kanini
b) Ahantu hari ibimenyetso bibuza byabugenewe
c) Aho abanyamaguru banyura mu muhanda ngo bakikire inkomyi
(d) Ibisubizo byose nibyo
a) Mu ruhande rw’iburyo gusa
b)Igihe cyose ni ibumoso
c) Iburyo iyo unyura ku nyamaswa
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
a) Burenga toni 1
b) Burenga toni 2
c) Burenga toni 24
(d) Nta gisubizo cy’ukuri kirimo